Nyamata Hospital
@nyamatahospital
Welcome to the Official Twitter account of Nyamata Level II Teaching Hospital 🏥 @BugeseraDistr
ID: 1042037957035732992
http://www.nyamatahospital.rw 18-09-2018 13:09:43
533 Tweet
875 Takipçi
153 Takip Edilen
kuri uyu wa kane, Umuyobozi w'Akarere Richard Mutabazi ari kumwe n'Umunyamabanga uhoraho muri Rwanda Defence Force ndetse n'abandi bafite mu nshingano gukurikirana ibikorwa byo kubaka Materinite ya Nyamata Hospital, basuye banagenzura iyi nyubako mu rwego rwo kurebera hamwe aho igeze yubakwa.
Mu ijambo ry'ikaze Umunyamabanga wa Leta Yvan Butera yagejeje ku bajyanama b'ubuzima yabashimiye uruhare rwabo mu kugabanya imfu z'ababyeyi n'abana ndetse no kuvura malaria n'izindi ndwara zahitanaga ubuzima bw'abanyarwanda. #MeetThePresident #GiraUbuzima
Today, in @Bugeseradistrict, @Avega partnered with Nyamata Hospital and Ntarama Health Center to provide NCDs and mental health screening, to diagnose and treat eye and gynecological problems. Beneficiaries expressed gratitude for the services provided. #Healthcare
Muri aka kanya ibitaro bya Ngarama byasuwe n'umuyobozi w' intara y ' iburasirazuba @PudencePudence uru ruzinduko rwibanze ahanini kureba Aho igikorwa cy' inyubako igenewe ababyeyi igeze.Gatsibo District Ministry of Health | Rwanda Rwanda Biomedical Centre
Muri aya masaha, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'Abaturage, yvette imanishimwe ari kumwe na DG wa Nyamata Hospital, Dr. Sebajuri JMV n'umujyanama w'ubuzima,bari mu kiganiro kuri IZUBA RADIO TV kiri kugaruka ku ngamba zo kwirinda indwara y'ubushita bw'inkende.
Today, PS Zachee Iyakaremye chaired the dissemination session of the results of the Hospital Accreditation Survey and emphasised the need for accreditation to be reflected in the quality of services provided to patients in all public hospitals.
Muri gahunda y'umuganda ukorwa buri kwezi mu bitaro bya Nyamata Hospital, usoza ukwezi kwa Kanama wakozwe kuri uyu wa 30/8/2024. Abakozi b'ibitaro bakoze isuku mu bitaro by'impinja. Wibanze ku masuku y' ibikoresho n'ibitanda bifasha mu gufata neza abana bavutse batagejeje igihe.