Nyamata Hospital (@nyamatahospital) 's Twitter Profile
Nyamata Hospital

@nyamatahospital

Welcome to the Official Twitter account of Nyamata Level II Teaching Hospital 🏥 @BugeseraDistr

ID: 1042037957035732992

linkhttp://www.nyamatahospital.rw calendar_today18-09-2018 13:09:43

533 Tweet

875 Takipçi

153 Takip Edilen

Imbuto Foundation (@imbuto) 's Twitter Profile Photo

“Nyuma ya Jenoside byose byarihutirwaga. Ariko ku isonga hakaba kwirenga no kubaka ubumwe bwacu, kwishakamo imbaraga zo kongera kubaka u Rwanda kuko ariyo ngobyi iduhetse. Nk’uko bikunze kuvugwa rero, buri ‘Generation’ igira ‘mission’ yayo. Twebwe Abakuru tubashimira ko mwumvise

“Nyuma ya Jenoside byose byarihutirwaga. Ariko ku isonga hakaba kwirenga no kubaka ubumwe bwacu, kwishakamo imbaraga zo kongera kubaka u Rwanda kuko ariyo ngobyi iduhetse. Nk’uko bikunze kuvugwa rero, buri ‘Generation’ igira ‘mission’ yayo. Twebwe Abakuru tubashimira ko mwumvise
Bugesera District (@bugeseradistr) 's Twitter Profile Photo

kuri uyu wa kane, Umuyobozi w'Akarere Richard Mutabazi ari kumwe n'Umunyamabanga uhoraho muri Rwanda Defence Force ndetse n'abandi bafite mu nshingano gukurikirana ibikorwa byo kubaka Materinite ya Nyamata Hospital, basuye banagenzura iyi nyubako mu rwego rwo kurebera hamwe aho igeze yubakwa.

kuri uyu wa kane, Umuyobozi w'Akarere <a href="/MutabaziRich/">Richard Mutabazi</a> ari kumwe n'Umunyamabanga uhoraho muri <a href="/RwandaMoD/">Rwanda Defence Force</a> ndetse n'abandi bafite mu nshingano gukurikirana ibikorwa byo kubaka Materinite ya <a href="/NyamataHospital/">Nyamata Hospital</a>, basuye banagenzura iyi nyubako mu rwego rwo kurebera hamwe aho igeze yubakwa.
Ministry of Health | Rwanda (@rwandahealth) 's Twitter Profile Photo

Mu ijambo ry'ikaze Umunyamabanga wa Leta Yvan Butera yagejeje ku bajyanama b'ubuzima yabashimiye uruhare rwabo mu kugabanya imfu z'ababyeyi n'abana ndetse no kuvura malaria n'izindi ndwara zahitanaga ubuzima bw'abanyarwanda. #MeetThePresident #GiraUbuzima

Mu ijambo ry'ikaze Umunyamabanga wa Leta <a href="/YvanButera/">Yvan Butera</a> yagejeje ku bajyanama b'ubuzima yabashimiye uruhare rwabo mu kugabanya imfu z'ababyeyi n'abana ndetse no kuvura malaria n'izindi ndwara zahitanaga ubuzima bw'abanyarwanda. #MeetThePresident #GiraUbuzima
AVEGA-Agahozo (@avega_agahozo_) 's Twitter Profile Photo

Today, in @Bugeseradistrict, @Avega partnered with Nyamata Hospital and Ntarama Health Center to provide NCDs and mental health screening, to diagnose and treat eye and gynecological problems. Beneficiaries expressed gratitude for the services provided. #Healthcare

Today, in @Bugeseradistrict, @Avega partnered with <a href="/NyamataHospital/">Nyamata Hospital</a> and Ntarama Health Center to provide NCDs and mental health screening, to diagnose and treat eye and gynecological problems. Beneficiaries expressed gratitude for the services provided. #Healthcare
NGARAMA District Hospital (@ngaramahospital) 's Twitter Profile Photo

Muri aka kanya ibitaro bya Ngarama byasuwe n'umuyobozi w' intara y ' iburasirazuba @PudencePudence uru ruzinduko rwibanze ahanini kureba Aho igikorwa cy' inyubako igenewe ababyeyi igeze.Gatsibo District Ministry of Health | Rwanda Rwanda Biomedical Centre

Muri aka kanya ibitaro bya Ngarama byasuwe n'umuyobozi w' intara y ' iburasirazuba 
@PudencePudence uru ruzinduko rwibanze ahanini kureba Aho igikorwa cy' inyubako igenewe ababyeyi igeze.<a href="/GatsiboDistrict/">Gatsibo District</a> <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> <a href="/RBCRwanda/">Rwanda Biomedical Centre</a>
Ministry of Local Government | Rwanda (@rwandalocalgov) 's Twitter Profile Photo

NTUCIKWE, niba hari imimerere wakerewe kwandikisha mu gitabo cy’irangamimerere! Kuva 27 Kanama 2024 hazaba icyumweru cyahariwe irangamimerere kandi hazakomorerwa abaturage bacikanwe: 🟡Kwandikisha abana bavutse; 🟢Kwandukuza abapfuye; 🔵Gushyingirwa mu mategeko kandi babana,…

NTUCIKWE, niba hari imimerere wakerewe kwandikisha mu gitabo cy’irangamimerere!

Kuva 27 Kanama 2024 hazaba icyumweru cyahariwe irangamimerere kandi hazakomorerwa abaturage bacikanwe:

🟡Kwandikisha abana bavutse;
🟢Kwandukuza abapfuye;
🔵Gushyingirwa mu mategeko kandi babana,…
Bugesera District (@bugeseradistr) 's Twitter Profile Photo

Muri aya masaha, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'Abaturage, yvette imanishimwe ari kumwe na DG wa Nyamata Hospital, Dr. Sebajuri JMV n'umujyanama w'ubuzima,bari mu kiganiro kuri IZUBA RADIO TV kiri kugaruka ku ngamba zo kwirinda indwara y'ubushita bw'inkende.

Muri aya masaha, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'Abaturage, <a href="/YImanishimwe/">yvette imanishimwe</a>  ari kumwe na DG wa <a href="/NyamataHospital/">Nyamata Hospital</a>, Dr. Sebajuri JMV n'umujyanama w'ubuzima,bari mu kiganiro kuri <a href="/izubaradio_tv/">IZUBA RADIO TV</a> kiri kugaruka ku ngamba zo kwirinda indwara y'ubushita bw'inkende.
Ministry of Health | Rwanda (@rwandahealth) 's Twitter Profile Photo

Today, PS Zachee Iyakaremye chaired the dissemination session of the results of the Hospital Accreditation Survey and emphasised the need for accreditation to be reflected in the quality of services provided to patients in all public hospitals.

Today, PS <a href="/ZacheeIyakaremy/">Zachee Iyakaremye</a> chaired the dissemination session of the results of the Hospital Accreditation Survey and emphasised the need for accreditation to be reflected in the quality of services provided to patients in all public hospitals.
Nyamata Hospital (@nyamatahospital) 's Twitter Profile Photo

Muri gahunda y'umuganda ukorwa buri kwezi mu bitaro bya Nyamata Hospital, usoza ukwezi kwa Kanama wakozwe kuri uyu wa 30/8/2024. Abakozi b'ibitaro bakoze isuku mu bitaro by'impinja. Wibanze ku masuku y' ibikoresho n'ibitanda bifasha mu gufata neza abana bavutse batagejeje igihe.

Muri gahunda y'umuganda ukorwa buri kwezi mu bitaro bya <a href="/NyamataHospital/">Nyamata Hospital</a>, usoza ukwezi kwa Kanama wakozwe kuri uyu wa 30/8/2024. Abakozi b'ibitaro bakoze isuku mu bitaro by'impinja. Wibanze ku masuku y' ibikoresho n'ibitanda bifasha mu gufata neza abana bavutse batagejeje igihe.