Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profileg
Inyarwanda.com

@Inyarwandacom

https://t.co/tMGskU9pNF is a social website which aims at promoting Rwandan social life through Music, Culture, Sports, and other forms of Entertainment.

ID:994614511

linkhttp://www.inyarwanda.com calendar_today07-12-2012 08:18:29

55,9K Tweets

29,6K Followers

761 Following

Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMASHUSHO: Nyuma y'imyaka itanu ishize ari mu muziki, umuhanzi mu njyana gakondo Cyusa Ibrahim agiye gukora igitaramo cye bwite yise 'Migabo Live Concert' kizaba tariki 8 Kamena 2024 muri Camp .

Uyu muhanzi uherutse gusohora indirimbo yise 'Isengesho', avuga ko iki…

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Buri wese afite amateka yanyuzemo kandi yatumye abayeho uko ariho ubu. Ni ngombwa gutega amatwi no kumva abandi kuko dushobora gusanga duhuriye kuri byinshi, aho kwitana bamwana.

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y'amatora ku mbuga nkoranyambaga zacu, abatanze ibitekerezo batoye ko izi ndirimbo 10 ko arizo zikunzwe mu gihugu cyose.

1 Jugumila by Phil Peter Ft Chriss Eazy & Kevin Kade

2 C'est la vie by Yvan Mpano ft SocialMula

3 Dans le bon by Gabiro Guitar

4 Rwamakombe by Dr…

Nyuma y'amatora ku mbuga nkoranyambaga zacu, abatanze ibitekerezo batoye ko izi ndirimbo 10 ko arizo zikunzwe mu gihugu cyose. 1 Jugumila by Phil Peter Ft Chriss Eazy & Kevin Kade 2 C'est la vie by Yvan Mpano ft SocialMula 3 Dans le bon by Gabiro Guitar 4 Rwamakombe by Dr…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMAFOTO: Umuhanzi Rema yatangaje ko muri Nigeria hatakiri ihangana ry'abahanzi batatu ahubwo nawe yiyongereyemo bakaba barabaye bane.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Rema yatangaje ko hatakiri ihangana hagati y'abahanzi batatu ahubwo ubu ari bane bica amarenga ko ariwe uri…

AMAFOTO: Umuhanzi Rema yatangaje ko muri Nigeria hatakiri ihangana ry'abahanzi batatu ahubwo nawe yiyongereyemo bakaba barabaye bane. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Rema yatangaje ko hatakiri ihangana hagati y'abahanzi batatu ahubwo ubu ari bane bica amarenga ko ariwe uri…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki cyumweru, GASOGI FC ifite umujinya wo gusezererwa mu gikombe cy'Amahoro iracakirana na APR FC iri mu byishimo byo kwegukana igikombe cya Shampiyona ku isaha ya saa kenda.

Uyu mukino w'agahinda n'ibyishimo muzawukurikirana kuri StarTimes Rwanda uko wakabaye.…

Kuri iki cyumweru, GASOGI FC ifite umujinya wo gusezererwa mu gikombe cy'Amahoro iracakirana na APR FC iri mu byishimo byo kwegukana igikombe cya Shampiyona ku isaha ya saa kenda. Uyu mukino w'agahinda n'ibyishimo muzawukurikirana kuri @startimesrwanda uko wakabaye.…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi, umuhanzi Yvan Buravan yari kuba yujuje imyaka 29 dore ko yavutse ku wa 27 Mata 1995.

Yvan Buravan wari urumuri rw'umuziki nyarwanda mu myaka iri imbere, yaje kwitaba Imana ku wa 17/08/2022 mu Buhinde azize uburwayi.

✍️ Geovanie

trends…

Uyu munsi, umuhanzi Yvan Buravan yari kuba yujuje imyaka 29 dore ko yavutse ku wa 27 Mata 1995. Yvan Buravan wari urumuri rw'umuziki nyarwanda mu myaka iri imbere, yaje kwitaba Imana ku wa 17/08/2022 mu Buhinde azize uburwayi. ✍️ Geovanie #inyarwanda #inyarwandatrends…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMAFOTO: Infinix yashyize ku isoko telefone za Note 40 Series, Israel Mbonyi agirwa 'Brand Ambassador'

Sosiyete ya Infinix ikora kandi ikanacuriza telefone yashyize hanze ubwoko bushya bwa telefone za Note 40 Series, umuhanzi w'icyamamare mu kuririmba indirimbo zo kuramya no…

AMAFOTO: Infinix yashyize ku isoko telefone za Note 40 Series, Israel Mbonyi agirwa 'Brand Ambassador' Sosiyete ya Infinix ikora kandi ikanacuriza telefone yashyize hanze ubwoko bushya bwa telefone za Note 40 Series, umuhanzi w'icyamamare mu kuririmba indirimbo zo kuramya no…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Amakuru aravuga ko ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na Arne Slot watozaga ikipe ya Feyenoord mu buholandi aho Ten Hag yatozaga mbere yo kuza mu Bwongereza.

Eric Ten Hag wari ufite imibare myiza mu ikipe ya Ajax, yageze mu Bwongereza ikibuga kiracurama kandi urebye neza…

Amakuru aravuga ko ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na Arne Slot watozaga ikipe ya Feyenoord mu buholandi aho Ten Hag yatozaga mbere yo kuza mu Bwongereza. Eric Ten Hag wari ufite imibare myiza mu ikipe ya Ajax, yageze mu Bwongereza ikibuga kiracurama kandi urebye neza…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Tems yatangaje ko album agiye gushyira hanze ntaho itandukaniye n'igitabo yaba yaranditse kivuga ku mateka ye.

Mu kiganiro na Apple music, umuhanzikazi Tems ukomoka mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko album ye ya mbere yise 'Born in the wild' izaba isobanura neza amateka ye ya…

Tems yatangaje ko album agiye gushyira hanze ntaho itandukaniye n'igitabo yaba yaranditse kivuga ku mateka ye. Mu kiganiro na Apple music, umuhanzikazi Tems ukomoka mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko album ye ya mbere yise 'Born in the wild' izaba isobanura neza amateka ye ya…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMAFOTO: Misiri na Afurika y'Epfo nibyo bihugu byatwaye imidali mu cyiciro cy'abakiri bato bageze ku rwego rwa nyuma (Finals) mu bice bigize irushanwa (Ball, Ribbon, Hoop & Clubs) mu Gikombe cy'Afurika cya Gymnastic 2024 kiri kubera mu Rwanda muri BK Arena.

AMAFOTO: Misiri na Afurika y'Epfo nibyo bihugu byatwaye imidali mu cyiciro cy'abakiri bato bageze ku rwego rwa nyuma (Finals) mu bice bigize irushanwa (Ball, Ribbon, Hoop & Clubs) mu Gikombe cy'Afurika cya Gymnastic 2024 kiri kubera mu Rwanda muri BK Arena. #inyarwanda…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

🔥AMAKURU MASHYA🔥 StarTimes Rwanda yamaze kwemeza ko igiye kujya yerekana imikino yose yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Spain (La Liga).

Nta mpamvu yo kuzongera gucikwa na La Liga ukund!!!!!!


🔥AMAKURU MASHYA🔥 @startimesrwanda yamaze kwemeza ko igiye kujya yerekana imikino yose yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Spain (La Liga). Nta mpamvu yo kuzongera gucikwa na La Liga ukund!!!!!! #inyarwanda #startimes
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Mata 2024, yemeje ko abantu bemerewe gukorera uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ibinyabiziga bya “automatique”.

trends

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Mata 2024, yemeje ko abantu bemerewe gukorera uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ibinyabiziga bya “automatique”. #inyarwanda #inyarwandatrends #nonehoevents
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Muri uyu mwaka w'imikino wa 2023 - 2024, Bruno Fernandes wa Manchester United na Martin Ødegaard wa Arsenal ni uku bitwaye.

Aba bakinnyi babaye bakina mu ikipe imwe, ni nde wabanza mu kibuga undi agasimbura?

Cc: Geovanie

sports trends

Muri uyu mwaka w'imikino wa 2023 - 2024, Bruno Fernandes wa Manchester United na Martin Ødegaard wa Arsenal ni uku bitwaye. Aba bakinnyi babaye bakina mu ikipe imwe, ni nde wabanza mu kibuga undi agasimbura? Cc: Geovanie #inyarwanda #inyarwandasports #inyarwandatrends
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Mbere yo gucakirana kuri Final y'igikombe cy'Amahoro, Police FC igiye guhura na Bugesera FC iri kurwana no kutamanuka mu kiciro cya kabiri.

Ese Police FC iraha amanota atatu Bugesera FC hanyuma nayo bayiharire igikombe???

Uyu mukino uteganyijwe ku wa gatanu uzawukurikirane…

Mbere yo gucakirana kuri Final y'igikombe cy'Amahoro, Police FC igiye guhura na Bugesera FC iri kurwana no kutamanuka mu kiciro cya kabiri. Ese Police FC iraha amanota atatu Bugesera FC hanyuma nayo bayiharire igikombe??? Uyu mukino uteganyijwe ku wa gatanu uzawukurikirane…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Beautiful apartment for rent or sale

Located at Masizi Kimironko,, (Kigali Rda)

Detail :4rooms ##

3bathrooms

1kitchen

Stock

Price is 350k for monthly Rent And 60000 USD for buying

For more information just contact Us on +250789410997 Or +44 7888 683558

Thank youuuuu

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Arsenal irizihiza isabukuru y'imyaka 20 ishize yegukanye igikombe cya shampiyona akaba ari nacyo iheruka. Arsenal yegukanye iki gikombe ubwo yanganyaga n'ikipe ta Tottenham Hotspur.

Dore uko uwo mukino wayihesheje igikombe wagenze;

Amakipe yombi yarangije umukino anganya…

Arsenal irizihiza isabukuru y'imyaka 20 ishize yegukanye igikombe cya shampiyona akaba ari nacyo iheruka. Arsenal yegukanye iki gikombe ubwo yanganyaga n'ikipe ta Tottenham Hotspur. Dore uko uwo mukino wayihesheje igikombe wagenze; Amakipe yombi yarangije umukino anganya…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMASHUSHO: Muri Kenya, ubuzima bw'ibihumbi by'abaturage bari mu kaga nyuma y'uko iki gihugu cyibasiwe n'umwuzure ukabije kuri ubu amazu menshi akaba yarengewe n'amazi.

Bamwe mu bantu bari muri aka kaga, barashinja Leta guterera agati mu ryinyo ntihagire icyo bafashwa nyamara…

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Ne-Yo ashobora kwisanga mu nkiko nka P Diddy

Uwahoze ari umugore wa Ne-Yo yatangaje ko uyu mugabo yabakoreye ubugome bwinshi harimo ihohotera rishingiye ku gitsina, gusambana n’inshoreke ze mu maso y’aban be, gukoresha ibiyobyabwenge ndetse no kumuhohetera.

Nyuma y’uko aya…

Ne-Yo ashobora kwisanga mu nkiko nka P Diddy Uwahoze ari umugore wa Ne-Yo yatangaje ko uyu mugabo yabakoreye ubugome bwinshi harimo ihohotera rishingiye ku gitsina, gusambana n’inshoreke ze mu maso y’aban be, gukoresha ibiyobyabwenge ndetse no kumuhohetera. Nyuma y’uko aya…
account_circle