RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profileg
RadioTv10 Rwanda

@Radiotv10rwanda

Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444
[87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]

ID:308347416

linkhttp://www.radiotv10.rw calendar_today31-05-2011 07:45:52

58,2K Tweets

366,4K Followers

338 Following

Follow People
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Urukiko Rukuru muri Afurika y’Epfo, rwanzuye ko Jacob Zuma wabaye Perezida w’iki Gihugu atemerewe kuzahatana mu Matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abandi bayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu, kuko yakatiwe n’Inkiko.
radiotv10.rw/s-africa-uruki…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Rutahizamu w’Umunya-Nigeria, Ani Elijah wagaragaye yitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yaje kuwuvamo igitaraganya kugira ngo iby’ibyangombwa bye bibanze bisobanuke.
radiotv10.rw/amakuru-mashya…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Ihere ijisho uko abakinnyi b’Amavubi baserutse bagiye mu mwiherero (AMAFOTO)
===
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi, bakina imbere mu Gihugu, batangiye umwiherero wo kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
radiotv10.rw/ihere-ijisho-u…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Uko i Kinshasa byifashe nyuma y’uko hapfubijwe ‘Coup d’Etat’ bigateza impagarara kuri bamwe
===
I Kinshasa ubu hari ituze nyuma y’uko hari abitwaje intwaro bagabye igitero bavuga ko bashaka gusubizaho Zaire ya Cyera, bagakura Tshisekedi ku butegetsi.
radiotv10.rw/uko-i-kinshasa…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Rutahizamu w’Umunya-Nigeria, Ani Elijah uri mu batsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’u Rwanda irangiye, ni umwe mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, nyuma y’iminsi bivugwa ko hari kuba ibiganiro byo kuba yakinira u Rwanda.
radiotv10.rw/amavubi-yungut…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Amashusho : Ani Elijah, yitabiriye umwiherero w'Amavubi yitegura imikino ya Bénin na Lesotho mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026.

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Umunya-Nigeria Ani Elijah, ari mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w'Amavubi yitegura imikino ya Bénin na Lesotho mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026.

Umunya-Nigeria Ani Elijah, ari mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w'Amavubi yitegura imikino ya Bénin na Lesotho mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026.
account_circle
Ecobank Rwanda(@EcobankRW) 's Twitter Profile Photo

We extend our deepest gratitude to our esteemed clients who attended our Appreciation Dinner. Your trust and contribution inspire us to continually elevate our commitment to providing exceptional customer experiences & satisfaction. Here’s to many more successful years together!

We extend our deepest gratitude to our esteemed clients who attended our Appreciation Dinner. Your trust and contribution inspire us to continually elevate our commitment to providing exceptional customer experiences & satisfaction. Here’s to many more successful years together!
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Igitero bivugwa ko cyari kigamije guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi, cyahereye ku rugo rw’Umunyapolitiki Vital Kamerhe usanzwe ari Minisitiri w’Intebe Wungirije. Umugore we yavuze uko byari bimeze ubwo iki gitero cyabaga.
radiotv10.rw/drc-uwo-mu-rug…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Byemejwe ko Perezida wa Iran yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
===
Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi yishwe n’impanuka ya kajugujugu yabereye mu ishyamba riherereye mu Ntara ya Azerbaijan yo mu burasirazuba bw’iki Gihugu.
radiotv10.rw/byemejwe-ko-pe…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo



Anti-Ruswa: Turaganira kuri tekiniki yo kurya ruswa mu myubakire

Abaryaruswa bakoresha ayahe mayeri mu kuyaka? Bigenda bite iyo uwayatswe atayitanze? Bigira ngaruka ki kuri ba gitifu b'ubutugari?

Tuganire!

#Zinduka_Ubwino #Operation Anti-Ruswa: Turaganira kuri tekiniki yo kurya ruswa mu myubakire Abaryaruswa bakoresha ayahe mayeri mu kuyaka? Bigenda bite iyo uwayatswe atayitanze? Bigira ngaruka ki kuri ba gitifu b'ubutugari? Tuganire!
account_circle
DStv Rwanda(@DStv__Rwanda) 's Twitter Profile Photo

Season ya 2 ya House of the Dragon igiye gusohoka, Guhera tariki ya 17 Kanama 2024, ntuzacikwe kuri M-Net Channel 101.

Ese waba ushaka kugura kwishyura cg kongera gusubira ku murongo? Duhamagare kuri 1111.

Season ya 2 ya House of the Dragon igiye gusohoka, Guhera tariki ya 17 Kanama 2024, ntuzacikwe kuri M-Net Channel 101. Ese waba ushaka kugura kwishyura cg kongera gusubira ku murongo? Duhamagare kuri 1111.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

FARDC yatangaje amakuru mashya ku igeragezwa rya ‘Coup d’Etat’ ryazamuye urujijo
===
FARDC yatangaje ko gukozanyaho hagati yayo n’abagerageje guhirika ubutegetsi kwasize bane bapfuye, barimo n’uwari ubayoboye, inatangaza ubwoko bw’ibikoresho bari bafite.
radiotv10.rw/drcongo-fardc-…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Abakorera akazi ko gusudira mu mu Gakiriro ka Kayonza, bavuga ko mu gihe cy’imvura bagahagarika kuko aho bakorera huzuramo amazi bitewe no kuba inyubako bakoreramo zarubatse nabi, bakirinda ko habaho impanuka yaterwa n’amazi n’umuriro w’amashanyarazi.
radiotv10.rw/kayonza-bavuze…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Ikipe ya Zamalek SC yegukanye igikombe cy'irushanwa nyafurika rihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo , nyuma yo gutsinda RS Berkane 1-0.

Ikipe ya Zamalek SC yegukanye igikombe cy'irushanwa nyafurika rihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo #TotalEnergiesCAFCC, nyuma yo gutsinda RS Berkane 1-0.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

“ Inzozi zange ni ukuzabona abana bange bakinira Chelsea, ndashimira iyi kipe, ndashimira abafana bayo mwarakoze.” -
Thiago Silva asezera muri Chelsea

“ Inzozi zange ni ukuzabona abana bange bakinira Chelsea, ndashimira iyi kipe, ndashimira abafana bayo mwarakoze.” - Thiago Silva asezera muri Chelsea
account_circle