RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profileg
RadioTv10 Rwanda

@Radiotv10rwanda

Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444
[87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]

ID:308347416

linkhttp://www.radiotv10.rw calendar_today31-05-2011 07:45:52

57,9K Tweets

364,5K Followers

338 Following

Follow People
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Perezida uri muri Arabie Saoudite, yahuye n'Umuyobozi w'Ikigega Mpuzamahanga cy'Imari, Kristalina Georgieva, baganira ku mikoranire y'iki kigega n'u Rwanda.

Perezida #Kagame uri muri Arabie Saoudite, yahuye n'Umuyobozi w'Ikigega Mpuzamahanga cy'Imari, #IMF Kristalina Georgieva, baganira ku mikoranire y'iki kigega n'u Rwanda.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Shampiyona y’u Bwongereza igeze ahakomeye, ariko n’amahirwe yo kwegukana akayabo hamwe na Fortebet arahari.

Umukino uhuza na iharanira igikombe, wagusigira agatubutse!

Shampiyona y’u Bwongereza igeze ahakomeye, ariko n’amahirwe yo kwegukana akayabo hamwe na @Fortebet_Rwanda arahari. Umukino uhuza #Tottenham na #Arsenal iharanira igikombe, wagusigira agatubutse!
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Perezida yageze i Riyadh, muri Arabia Saudi aho yitabiriye Inama yihariye y’Ihuriro ry’Ubukungu rya ‘World Economic Forum’ riziga ku iterambere ry’Ingufu.

Perezida #Kagame yageze i Riyadh, muri Arabia Saudi aho yitabiriye Inama yihariye y’Ihuriro ry’Ubukungu rya ‘World Economic Forum’ riziga ku iterambere ry’Ingufu.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Manchester United, ya Casemiro muri defense, itanafite Rashford, yakiriye Burnley, ese aya Mashitani atukura arahava cg aratokeshwa kahave?

Manchester United, ya Casemiro muri defense, itanafite Rashford, yakiriye Burnley, ese aya Mashitani atukura arahava cg aratokeshwa kahave?
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

𝗙𝗨𝗟𝗟 𝗧𝗜𝗠𝗘:

West Ham 2-2 Liverpool

𝗣𝗥𝗘𝗠𝗜𝗘𝗥 𝗟𝗘𝗔𝗚𝗨𝗘 𝗧𝗔𝗕𝗟𝗘:

1️⃣ Arsenal 77pts
2️⃣ Man City 76pts (-1)
3️⃣ Liverpool 75pts (+1)

𝗙𝗨𝗟𝗟 𝗧𝗜𝗠𝗘: West Ham 2-2 Liverpool 𝗣𝗥𝗘𝗠𝗜𝗘𝗥 𝗟𝗘𝗔𝗚𝗨𝗘 𝗧𝗔𝗕𝗟𝗘: 1️⃣ Arsenal 77pts 2️⃣ Man City 76pts (-1) 3️⃣ Liverpool 75pts (+1) #WHULIV
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Big Sade, umugore w’Umuhanzi w’icyamamare ku Isi Ne-Yo, banafitanye abana babiri, yanenze uyu mugabo we ku bwo kumuca inyuma, avuga ko akwiye guterwa ipfunwe n’ikimwaro n’ibyo yakoze, dore ko bimwe yabikoreraga imbere y’abana babyaranye.
radiotv10.rw/umugore-wumuha…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Andi mahirwe yahasesekaye!!
Shampiyona y’u Bwongereza igeze mu mahina, ariko n’amahirwe yo kwegukana akayabo hamwe na Fortebet aracyahari.
Umukino uhuza na iharanira igikombe, wagusigira inote zishyushye.

Andi mahirwe yahasesekaye!! Shampiyona y’u Bwongereza igeze mu mahina, ariko n’amahirwe yo kwegukana akayabo hamwe na @Fortebet_Rwanda aracyahari. Umukino uhuza #westham na #Liverpool iharanira igikombe, wagusigira inote zishyushye.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Tanzania: Imibare y’abagizweho ingaruka n’umwuzure udasanzwe ikomeje gutumbagira
===
Imibare y’abahitanywe n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi yaguye muri Tanzania, yageze ku bantu 155, mu gihe abo yakuye mu byabo, babarirwa mu bihumbi 200.
radiotv10.rw/tanzania-imiba…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

“A number of genocide suspects remain at large in the UK, at the expense of the British taxpayer, hiding in plain sight. All we have always asked is that they have their day in court & we will not get tired.”-Busingye Johnston High Commissioner for 🇷🇼 to the 🇬🇧

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Hari abaturage banenga abamotari kugenda nabi mu muhanda, ngo hari nubwo babasanga mu nzira y’abanyamaguru bigateza impanuka.

Ese bizacyemuka gute? Ntugacikwe n’ikiganiro Motard Time kuri TV10, ku wa mbere no ku wa Gatatu, Saa 21:00.

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Mu gikorwa cy’Umuganda wo kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi wa City of Kigali Samuel DUSENGIYUMVA yifatanyije n'abaturage bo mu Kagari ka Rubirizi mu gutunganya umuhanda hanashyirwamo Laterite, hanaterwa ibiti ku nkengero z'uyu muhanda.

Mu gikorwa cy’Umuganda wo kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi wa @CityofKigali @dusengiyumvas yifatanyije n'abaturage bo mu Kagari ka Rubirizi mu gutunganya umuhanda hanashyirwamo Laterite, hanaterwa ibiti ku nkengero z'uyu muhanda.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

RIB yasubije 8,000 $ n'ibihumbi 700Frw uwari wibwe 9,500$, inerekana abasore babiri bavukana bakurikiranyweho kwiba aya mafaranga. Uwari wayibwe agahita yiyambaza uru rwego, yarushimiye, aboneraho kugira inama Abanyarwanda kwirinda kujya bagendana amafaranga menshi.

RIB yasubije 8,000 $ n'ibihumbi 700Frw uwari wibwe 9,500$, inerekana abasore babiri bavukana bakurikiranyweho kwiba aya mafaranga. Uwari wayibwe agahita yiyambaza uru rwego, yarushimiye, aboneraho kugira inama Abanyarwanda kwirinda kujya bagendana amafaranga menshi.
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Mu Kigo cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba cya Polisi cya CTTC muri Bugesera District hasojwe imyitozo y’abagera kuri 283 barimo Abapolisi b’u Rwanda n’abo mu nzego zo muri Centrafrique, izabafasha gutabara byihuse aho rukomeye, no kurinda abayobozi bakuru
radiotv10.rw/irebere-imyito…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Bamwe mu bakora akazi k’uburobyi bw’isambaza muri Rabavu, bavuga ko kubera kurya iri funguro, bagira ubushyuhe bwinshi bwo gushaka imibonano mpuzabitsina, bagasaba kwegerezwa udukingirizo kuko ubwandu bwa Virusi itera SIDA muri aka gace bwakamejeje.
radiotv10.rw/rubavu-hari-if…

account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y’uko Bugesera FC itsinze Police FC, 2-1 yavuye mu makipe abiri ashobora kumanuka.

Tariki ya 28 Mata 2024:

- SUNRISE vs GORILLA
- ETOILE DE L’EST vs MARINE FC

Ni izihe kipe ebyiri ubona zishobora kumanuka?

Tuganire!

Nyuma y’uko Bugesera FC itsinze Police FC, 2-1 yavuye mu makipe abiri ashobora kumanuka. Tariki ya 28 Mata 2024: - SUNRISE vs GORILLA - ETOILE DE L’EST vs MARINE FC Ni izihe kipe ebyiri ubona zishobora kumanuka? Tuganire!
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Mu kiganiro , kuri , turi kumwe na ACP Boniface RUTIKANGA umuvigizi wa Rwanda National Police , aho turi kugaruka ku itegeko ryavuguruwe ryemerera abantu gukoresha imodoka za Automatique mu bizamini byo gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga.

Ni ikihe kibazo…

Mu kiganiro #Impamo, kuri #TV10 , turi kumwe na ACP Boniface RUTIKANGA umuvigizi wa @Rwandapolice , aho turi kugaruka ku itegeko ryavuguruwe ryemerera abantu gukoresha imodoka za Automatique mu bizamini byo gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga. Ni ikihe kibazo…
account_circle
RadioTv10 Rwanda(@Radiotv10rwanda) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Central Africa, Gen. Bienvenu Zokoue, yasoje icyiciro cya 12 cy’amasomo y'ibanze y'umutwe wihariye wa Polisi (Basic Special Forces course).

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Central Africa, Gen. Bienvenu Zokoue, yasoje icyiciro cya 12 cy’amasomo y'ibanze y'umutwe wihariye wa Polisi (Basic Special Forces course).
account_circle